Ikibazo cy’umutekano muri Kivu y’Amajyaruguru, ku isonga mu bijyanye Perezida Tshisekedi i Goma

Umutegetsi mukuru muri Kongo i Kinshasa bwana Felix-Antoine Tshisekedi yagiriye uruzinduko mu Burasirazuba bwa Kongo ahitwa Goma.

Radio Okapi ivuga ko uru ruzinduko rwa Felix-Antoine Tshisekedi rugamije kugarura amahoro muri aka karere k’Uburasirazuba bwa Kongo cyane cyane mu ntara za Benin na Butembo.

Ubwo yiyamamazaga gutegeka Kongo ngo yari yabwiye Abanyekongo ko aka gace azagasubiza mu bihe byiza kuko kamaze imyaka myinshi karigaruriwe n’imitwe yitwaje intwaro.

Leave a Reply