Abasenateri bamaganye ibyo kubonereza urubyaro abana

Ihuriro ry’abagize Inteko Ishingamategeko baharanira imibereho y’abaturage n’iterembere batangaje ko badashyigikiye ko abangavu batarageza imyaka y’ubukure bemererwa kubona serivise zo kuboneza urubyaro ahubwo ngo ingufu zikwiye gushyirwa mu kubigisha ubuzima bw’imyororekere.

Aba batunze agatoki amashuri ko atigisha mu buryo bwimbitse amasomo y’ubuzima bw’imyororokere.

Gusa Minisiteri y’Uburezi yo yabwiye itangazamakuru ryacu ko itemeranya n’uwari wese uvuga ko abarimu batigisha neza isomo ry’ubuzima bw’imyororokere.

REBA MU MASHUSHO KU BURYO BURAMBUYE