Muhanga:Bitana ba mwana, abaturage bakirenganiramo

Abayobozi bo mu nzego zibanze mu karere ka Muhanga baritana ba mwana n’imiryango itari iya leta ikorera muri ako karere.

Izi nzego zirashinjanya kudindiza imikorere n’imikoranire bigatuma batatanya imbaraga kandi bose intego ariyo guteza imbere umuturage no kumufasha kubona ubutabera igihe yahuye n’ikibazo.

REBA MU MASHUSHO KU BURYO BURAMBUYE: