WASAC ikomeje guhombya amazi menshi; Abadepite baribaza impamvu bidakemuka

Hari abaturage batunga agatoki ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi isuku n’isukura  WASAC kubahombya amazi ameneka buri munsi hagashira igihe atarasanwa.

Iki kibazo giherutse kugarukwaho mu nteko ishingamategeko, abadepite bibaza impamvu kidakemuka kandi cyaragarajwe igihe kinini.

Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe amazi isuku n’isukura WASAC buravuga ko iki kibazo giterwa n’amatiyo ashaje ariko hatangijwe gahunda y’imyaka itanu yo kugabanya amazi ameneka kugera kuri 25%.

REBA MU MASHUSHO KU BURYO BURAMBUYE