Bugesera:Kutagira imashini zibafasha kuhira imyaka bituma barumbya

Bamwe mu baturage batuye mu Tugali twa Kintambwe  na Nemba mu murenge wa Rweru ho mu karere ka Bugesera bavuga ko muri ibi bihe by’izuba, imyaka bahinga irumba ariko ahanini biterwa no kuba badafite imashini zibavomerera zabafasha kuhira imyaka.

Bagasaba ko bakoroherezwa kubona inguzanyo bakabasha kugura imashini zuhira mu buryo bworoshye.

Ubuyobozi bw’uyu murenge buvuga ko abafite icyo kibazo bazegera ubuyobozi bw’umurenge bakabagira inama z’uburyo babona iyo nguzanyo.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: