Amabanki arashinjwa gusiragiza abaturage baka inguzanyo ngo batange ruswa

Impuguke mu bukungu zitunga agatoki amabanki yo mu Rwanda kuba asiragiza abashaka inguzanyo ku buryo bishobora gutaga icyuho cya ruswa. Ni ikibazo abaturage bavuga ko gikunze kubaho igihe bashaka inguzanyo y’amafaranga menshi.

Ishyirahamwe ry’amabanki mu Rwanda risaba  abaturage kujya bitabaza izindi nzego za Banki  zikuriye ushinzwe gutanga inguzanyo mu gihe uyu yabahaye serivise mbi.

REBA IYI NKURU MU MASHUSHO: