Abaturage barakariye abiyoberanya ku mbuga nkoranyamabaga bahita baha leta umukoro

Hari abaturage basaba  leta gukurikirana abantu bakoresha imbuga nkoranyambaga biyoberanyije aho gushyiraho amazina yabo.

 Abaturage bavuga  ko aba biyoberanya bari mu bakunze gukwirakwiza ibihuha no gukora ibindi bikorwa bihungabanya umutuzo w’ abaturage bitwaje ko ntawabamenya.

 Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda aherutse gusaba abakoresha imbuga nkoranyambaga kugira umuco wo gusesengura ibyo bashyiraho n’ ibyo bazikuraho mu rwego rwo kuzikoresha neza.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO