Leta ikuye ukuboko mu bigo by’ubucuruzi, impuguke mu bukungu n’abikorera zirabikeje

Impuguke mubukungu zagaragaje  ko gahunda kwegurira abikorera ibigo by’ubucuruzi bya Leta izatuma urwego rw’abikorera rurushaho gutera imbere kuko ngo byagoraga abikorera guhangana ku Isoko n’ibigo biri mu maboko ya Leta.

Urugaga rw’abikorera mu Rwanda narwo rwemera ko kuba Leta ifite ibigo bitandukanye by’ubucuruzi bikoma mu nkokora iterambere ry’abikorera ariko ngo amahirwe ahari  ni uko byinshi mubigo bya Leta ubu ngo byamaze kwegurirwa abikorera.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: