Ubuziranenge bw’Ingwa za Made in Rwanda burakemangwa

Hari abarimu basaba inzego zibishinzwe gukemura ikibazo k’ingwa zikorerwa mu Rwanda kuko zibatera indwara z’ubuhumukero ndetse no gushishuka intoki, bikanabangamira akazi kabo ka buri munsi.

Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) buvuga ko butari buzi iby’iki kibazo gusa ngo bugiye kugikurikirana.

Ishuli umunyamakuru yagezeho yasanze iki kibazo gihari ndetse amakuru avuga ko ushaka inziza azigurira.

Kanda muri video ukurikire inkuru irambuye