Abakoraga muri komine bamaze imyaka irenga 14 bishyuza

Nyuma y’imyaka isaga 14 ayahoze ari amakomini yagizwe uturere, hari abahoze ari abakozi b’ayo Makomini bacyishyuza ibirarane by’imishahara n’imperekeza.

Minisiteri y’imari n’igenamigambi ivuga ko kuba hari abatarishyurwa nyamara hashize icyo gihe cyose biterwa no kuba bamwe muri bo nta ‘dossier’ zigaragaza ko bari abakozi ba Komini.

Hari abadepite bateye utwatsi iyo mpamvu basaba ko uwari umukozi wa Komini atari ukwiye gusabwa ikigaragaza ko yari umukozi wayo ahubwo ko byagasabwe uwari umukoresha we.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: