
AMAHANGA

Libya: Abigaragambya batwitse inteko ishingamategeko
Abigaragambya biraye mu nyubako y’inteko ishingamategeko ya Libya mu mujyi wa Tobruk mu burasirazuba ndetse bitangazwa ko batwitse igice kimwe

IMYIDAGADURO

Prince Kid arakomeza gufungwa by’agateganyo
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe iperereza
UBUZIMA

U Rwanda na Ghana byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu gukora inkingo
U Rwanda na Ghana byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi ajyanye no gukora imiti n’inkingo, mu kurushaho kungurana
IMIKINO

Byahindutse:Amavubi azakirira Senegal i Dakar
Umukino w’umunsi wa kabiri w’amatsinda yo gushaka itike ya CAN ya 2023 wari kuzahuza u Rwanda na Sénégal tariki ya
UMUCO

Ubufransa burashinjwa ubutasi muri Mali
Mali yashinje igisirikare cy’Ubufaransa “gutata” nyuma yuko gikoresheje indege nto itarimo umupilote – izwi nka drone – mu gufata amashusho,

UBUKUNGU

Abafite ubumuga baracyashengurwa no kwimwa akazi kandi bashoboye
Urwego rw’Abikorera mu Rwanda, rurasaba abakoresha n’abandi batanga imirimo, guha agaciro no kubahiriza amategeko arengera abafite ubumuga ku isoko ry’umurimo

ANDI MAKURU

Abasenateri bagaragaje impungenge ku ruhare rw’Abaturage mu ikorwa ry’ibishushanyo mbonera
Mugihe hari abaturage bakomeje kugaragara mubikorwa byo kubaka mu tujagari mu mujyi wa Kigali no muyindi iwunganira, byatumye bamwe mu