
AMAHANGA

Zoleka wari umwuzukuru wa Nelson Mandela yapfuye
Zoleka Mandela, umwuzukuru w’uwahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo Nelson Mandela n’umugore we Winnie Madikizela Mandela, yapfuye mu ijoro ryo

IMYIDAGADURO

Ndereya wamyekanye mu biganiro kuri Youtube yitabye Imana
André Buhigiro wari uzwi nka Ndereye wamamaye mu bagabo batatu bafite ubumuga bw’ubugufu bukabije, yitabye Imana azize uburwayi, ku mugoroba
UBUZIMA

Sobanukirwa n’indwara y’ibinyoro itera kwangirika k’uruhu
Ibinyoro n’indwara y’ibasira ikiremwa muntu, igafata cyane uruhu, amagufa n’utundi duce, ibinyoro akaba ari indwara yandura hagati y’umuntu n’undi, ikaba yarabayeho
IMIKINO

Imikino ihuza Rayon Sports na Al Hilal Benghazi yimuriwe i Kigali
Al Hilal Benghazi yemeye ko umukino wari kuyihuza na Rayon Sports usubikwa, imikino yombi; ubanza n’uwo kwishyura bikazabera i Kigali.
UMUCO

Abantu batandatu biciwe mu gitero cy’icyuma ku ishuri ry’incuke mu Bushinwa
Abantu batandatu barimo abana batatu biciwe ku ishuri ry’incuke batewe icyuma (imbugita mu Kirundi) mu ntara ya Guangdong yo mu

UBUKUNGU

Banki zo mu Rwanda zigiye kwemererwa gutanga serivisi yihariye ku muntu w’umukire nta bandi bakiriya
Guverinoma y’u Rwanda igiye gushyiraho itegeko rishya rigenga Amabanki, mu rwego rwo kureshya banki zikomeye ku Isi zikaza gukorera mu

ANDI MAKURU

Urukiko rwategetse ko Kazungu afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, rwategetse ko Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 birimo icy’ubwicanyi afungwa iminsi 30 y’agateganyo, ni nyuma y’aho