
AMAHANGA

Henry Kissinger,umudipolomate wa US mu bihe bigoye yapfuye yujuje imyaka 100
Henry Kissinger, wahoze ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika, yapfuye ku myaka 100 ari mu rugo iwe muri leta ya Connecticut.

IMYIDAGADURO

Nyanza:Abanyeshuli bari gusoza ayisumbuye bigana bakoze ubukwe
Abanyeshuri bigana mu ishuri rimwe muri G.S Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, biyemeje kubana akaramata kandi amasomo yabo agakomeza nta
UBUZIMA

Umubyinnyi Tity Brown washinjwaga gusambanya umwana yagizwe umwere
Nyuma y’imyaka ibiri akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana utarageza imyaka y’ubukure akamutera inda, Titi Brown yagizwe umwere n’Urukiko Rwisumbuye rwa
IMIKINO

Imikino ihuza Rayon Sports na Al Hilal Benghazi yimuriwe i Kigali
Al Hilal Benghazi yemeye ko umukino wari kuyihuza na Rayon Sports usubikwa, imikino yombi; ubanza n’uwo kwishyura bikazabera i Kigali.
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Abagize Inteko Ishinga Amategeko bagaragarije BNR impungenge z’ubujura mu ivunjisha.
Hari abagize inteko ishingamategeko bagaragarije Banki nkuru y’U Rwanda ko batewe impungenge n’uburiganya buri ku isoko ry’ivunjisha buturuka ku ibura

ANDI MAKURU

U Rwanda rwashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 30 Frw
Leta y’u Rwanda binyuze muri Banki y’Igihugu Itsura Amajyambere, BRD, yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 30