AMAHANGA

“Marco Rubio yikomye ICC karahava: ‘Irashaka gutegeka Amerika ikoresheje amategeko mpuzamahanga'”
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yongeye kwibasira Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), arushinja kugerageza

IMYIDAGADURO

Davido yavuze ingano y’amafaranga akoresha buri kwezi, avuga ko kuba icyamamare bihenze cyane
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, David Adeleke, uzwi ku izina rya Davido, yatangaje ko ubuzima bwo kuba icyamamare ku rwego mpuzamahanga
UBUZIMA

RUSIZI:ABATURAGE BARATINYA KO BASHOBORA KURWARA IBYOREZO BITURUKA KU MWANDA.
Hari abaturage baturiye n’abarema isoko rya Hepfu riherereye mu murenge wa Nkanka, mu karere ka Rusizi,bavuga ko batewe ubwoba n’ibyorezo

IMIKINO

STADE AMAHORO IGIYE KWAKIRA IMIKINO IFUNGURA CECAFA KAGAME CUP
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko imikino ifungura irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026, yombi izabera muri Stade
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























