AMAHANGA

Iran yikomanze ku gatuza, ivuga ko nta biganiro yasabye Amerika
Iran yatangaje ko ikomeje kugenzura umuhora wa Hormuz, inashimangira ko nta biganiro by’amahoro yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma

IMYIDAGADURO

Davido yavuze ingano y’amafaranga akoresha buri kwezi, avuga ko kuba icyamamare bihenze cyane
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, David Adeleke, uzwi ku izina rya Davido, yatangaje ko ubuzima bwo kuba icyamamare ku rwego mpuzamahanga
UBUZIMA

RUSIZI:ABATURAGE BARATINYA KO BASHOBORA KURWARA IBYOREZO BITURUKA KU MWANDA.
Hari abaturage baturiye n’abarema isoko rya Hepfu riherereye mu murenge wa Nkanka, mu karere ka Rusizi,bavuga ko batewe ubwoba n’ibyorezo

IMIKINO

Infantino yasubije abanenze Igikombe cy’Isi cya 2026
Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yasubije abanenze imitegurire n’imiyoborere y’Igikombe cy’Isi cya 2026, avuga ko hari abantu bakomeje gukwirakwiza “urwango
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























