AMAHANGA

Ababarirwa mu magana baburiwe irengero, barimo ba mukerarugendo 291
Abantu babarirwa mu magana baburiwe irengero nyuma y’imyuzure y’akanya gato ariko ikomeye cyane yibasiye agace ko mu majyaruguru ya Nepal

IMYIDAGADURO

Taylor Swift yavuze amagambo akomeye nyuma y’urupfu rwa Dolly Parton
Umuhanzikazi Taylor Swift yagaragaje agahinda gakomeye nyuma y’urupfu rw’icyamamare muri muzika ya Country, Dolly Parton, wapfuye ku wa Kabiri tariki
UBUZIMA

Centrafrique: Abantu barenga 100 bapfuye nyuma y’isenyuka ry’ikirombe cya zahabu
Abantu barenga 100 nk’uko amakuru y’ibanze abyerekana, bapfuye nyuma y’uko igice cy’ikirombe cya zahabu gicukurwa n’abacukuzi b’intoki gisenyutse mu gace

IMIKINO

Zolani ufite amateka yihariye muri Boxing yapfuye arasiwe hafi y’urugo rwe
Umunya Afrika y’epfo wabaye ikirangirire ku Isi muri Boxing, Zolani “Last Born” Tete, yishwe arashwe hafi y’urugo rwe mu Ntara
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























