AMAHANGA

Édouard Balladur wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 97
Édouard Balladur, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa akaba n’umwe mu banyapolitiki bakomeye , yitabye Imana ku wa mbere tariki

IMYIDAGADURO

Gukoresha urumogi no kwigomeka ku buyobozi: Ibikubiye muri dosiye ya Taikun yashyikirijwe Ubushinjacyaha
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye y’umunyamakuru Ndahiro Emmanuel uzwi nka Taikun, ukurikiranyweho ibyaha birimo gukoresha ibiyobyabwenge byo mu
UBUZIMA

Centrafrique: Abantu barenga 100 bapfuye nyuma y’isenyuka ry’ikirombe cya zahabu
Abantu barenga 100 nk’uko amakuru y’ibanze abyerekana, bapfuye nyuma y’uko igice cy’ikirombe cya zahabu gicukurwa n’abacukuzi b’intoki gisenyutse mu gace

IMIKINO

Lionel Messi yasezeye burundu mu ikipe y’igihugu
Umukinnyi w’umupira w’amaguru wo muri Argentine, Lionel Messi, yatangaje ko asezeye mu ikipe y’igihugu, avuga ko ari icyemezo kimubabaza, ariko
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























