AMAHANGA

Rugeretse hagati y’u Bwongereza na Israel
Umubano hagati y’u Bwongereza na Israel ukomeje kuba mubi nyuma y’uko Leta y’u Bwongereza ifashe ingamba nshya zigamije guhana ibikorwa

IMYIDAGADURO

Bad Bunny yegukanye Emmy ye ya mbere kubera igitaramo yakoreye muri Super Bowl
Umuhanzi w’Umunya-Puerto Rico, Bad Bunny, yanditse indi paje nshya mu mateka y’umwuga we nyuma yo kwegukana Emmy ye ya mbere,
UBUZIMA

Hafidh Ameir Hassan Umugabo wa Perezida wa Tanzania yashyinguwe i Kizimkazi
Hafidh Ameir Hassan, umugabo wa Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan, yashyinguwe ku wa Mbere tariki ya 7 Nzeri 2026,

IMIKINO

Constantine yahamagaye abakinnyi bazafasha Amavubi mu gushaka itike ya AFCON 2027
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Stephen Constantine, yashyize ahagaragara urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi azifashisha mu mikino ibiri u Rwanda ruzakina mu mpera
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























