AMAHANGA

Abahanga mu bya gisirikare bo mu karere bahuriye i Kigali kunoza ibikorwa by’ingabo zo mu kirere
Mu rwego rwo gukomeza gushimangira ubushobozi bw’ibihugu zo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba mu bikorwa byo gutabara abaturage no guhangana

IMYIDAGADURO

Mutesi Jolly yariye karungu! Ibye na Bebe Cool yabishyizemo abanyamategeko
Mutesi Jolly wabaye Miss Rwanda mu 2016 yariye karungu nyuma y’amakuru yamuvuzweho atangajwe n’umuhanzi w’icyamamare muri Uganda Bebe Cool ushinja
UBUZIMA

RUSIZI:ABATURAGE BARATINYA KO BASHOBORA KURWARA IBYOREZO BITURUKA KU MWANDA.
Hari abaturage baturiye n’abarema isoko rya Hepfu riherereye mu murenge wa Nkanka, mu karere ka Rusizi,bavuga ko batewe ubwoba n’ibyorezo

IMIKINO

Ishimwe Christian yanze Rayon Sports, agaruka muri APR FC
Ikipe ya APR FC ikomeje gahunda yo kwiyubaka yitegura umwaka mushya w’imikino, yagaruye myugariro Ishimwe Christian wanze kujya muri Rayon
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























