AMAHANGA

U Bufaransa na EU ntibagomba gukurikira icyemezo cya Amerika kuri Congo — Me Gasominari
Impuguke mu bibazo bya politiki yo mu karere k’Ibiyaga Bigari, Me Gasominari Jean Baptiste, yavuze ko kuba Leta Zunze Ubumwe

IMYIDAGADURO

Miss Burundi 2025: Mugisha Monica Celeste yambuwe ikamba rya Miss Popularity nyuma y’ibyaha byo kutubahiriza amasezerano
Sosiyete INGO S.A, itegura kandi igatanga amakamba ya Miss Burundi, yatangaje ko Mugisha Monica Celeste atakiri Miss Popularity 2025, nyuma
UBUZIMA

RUSIZI:ABATURAGE BARATINYA KO BASHOBORA KURWARA IBYOREZO BITURUKA KU MWANDA.
Hari abaturage baturiye n’abarema isoko rya Hepfu riherereye mu murenge wa Nkanka, mu karere ka Rusizi,bavuga ko batewe ubwoba n’ibyorezo

IMIKINO

Arsenal yegukanye igikombe nyuma y’imyaka 22
Ikipe ya Arsenal F.C. yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza, Premier League, nyuma y’imyaka 22 itagiheruka, nyuma y’uko Manchester City
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

The Kigali specialists’ barista, igisubizo ku bakunzi b’ikawa
Mu gihe uruganda rw’ikawa rukomeje gutera imbere mu Rwanda no ku rwego mpuzamahanga, hari bamwe mu rubyiruko bari gushaka ubumenyi
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























