AMAHANGA

BARASABA LETA KUBACYURA NTAKIRABABAHO
Muri Africa y’Epfo, ikibazo cy’abimukira gikomeje gufata indi ntera, aho Abanya-Nigeria bagera ku 130 basabye guverinoma yabo kubacyura mu gihugu

IMYIDAGADURO

BRUCE MELODIE YINJIYE MU BAFITE MILIYONI ANATEGUZA INDIRIMBO NSHYA
ITAHIWACU Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yinjiye bahanzi mbarwa mu Rwanda bafite miliyoni y’ababakurikira Ku rubuga rwa YouTube. Yifashishije konte
UBUZIMA

BATANU MURI BO NAGUYE MU MURONGO W’AKAZI. IBYO WAMENYA KU MUNSI MPUZAMAHANGA W’ABAZIMYA INKONGI Y’UMURIRO
Tariki 2 Ukuboza mu 1998, mu ishyamba rya Linton muri Leta ya Victoria, batanu mu bakozi batari benshi, baburiye ubuzima

IMIKINO

IGITEGO CYE CYA MBERE MURI UYU MWAKA, GIFASHIJE MAN U KWIKURA IMBERE YA LIVERPOOL
Kobbie Mainoo yatsinze igitego cye cya mbere muri uyu mwaka w’imikino, afasha Manchester United gutsinda Liverpool ibitego 3-2 mu mukino
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

IMODOKA ZITWARA ABANTU MU BURYO BWA RUSANGE ZIGIYE KUJYA ZIKORESHA GAS
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushaka ibisubizo birambye mu rwego rw’ingufu, Jean Bosco Mugiraneza, Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo ushinzwe
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























