AMAHANGA

Israel yagabye igitero cyahitanye 8 muri Libani, mu gihe Trump avuga ko amahoro na Iran ari hafi gusinywa
Nibura abantu umunani baguye mu gitero cy’indege cyagabwe na Israel mu mujyi wa Tyre, mu majyepfo ya Libani, mu gihe

IMYIDAGADURO

KIGALI:ABAHANZI 6 BAZARIRIMBA MU BIRORI BYO KWISHIMIRA IGIKOMBE RSSB TIGERS IHERUTSE KWEGUKANA..
Nyuma y’uko ikipe ya RSSB Tigers yegukanye igikombe cya shampiyona nyafurika ya Basketball(BAL),mu mujyi wa Kigali hateguwe igitaramo kizafasha abakunzi
UBUZIMA

RUSIZI:ABATURAGE BARATINYA KO BASHOBORA KURWARA IBYOREZO BITURUKA KU MWANDA.
Hari abaturage baturiye n’abarema isoko rya Hepfu riherereye mu murenge wa Nkanka, mu karere ka Rusizi,bavuga ko batewe ubwoba n’ibyorezo

IMIKINO

AMAKARITA 7, IBITEGO 5 – IBYARANZE UMUNSI WA MBERE W’IGIKOMBE CY’ISI 2026
Umunsi wa mbere w’Igikombe cy’Isi cya 2026 watangiye usiga amateka n’amarangamutima menshi, aho habonetse ibitego bitanu ndetse n’amakarita arindwi mu
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























