AMAHANGA

AMERIKA IRASHINJWA KWIRENGAGIZA ABAYIFASHIJE MU BIHE BY’INTAMBARA.
Mugihe Leta zunze ubumwe z’Amerika zaciye amarenga yo kwohereza Abanyafganistani bayifashije mu ntambara yo kurwanya Abatalibani ibohereza mu gihugu cya

IMYIDAGADURO

Chameleone n’uwahoze ari umugore Daniella bagiye kuzukuruza
Aya makuru yamenyekanye binyuze ku mukunzi wa Abba Marcus w’Umunyamerika witwa Angel, watangaje kuri TikTok ko atwite inda y’amezi hafi
UBUZIMA

Afunzwe ashinjwa kwanduza SIDA Ku bushake no kuryamana n’abo bahuje igitsina
Umuganga ukorera Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukusanya no kubika amaraso (CNTS) muri Sénégal, akurikiranyweho ibyaha birimo gukora imibonano mpuzabitsina n’abo bahuje

IMIKINO

CHELSEA IHAMBIRIJE UWARI UMUTOZA WAYO MUKURU Liam James Rosenior
Nyuma y’amezi ane yonyine ikipe ya Chelsea imaze guhambiriza uwari umutoza wayo mukuru umwongereza Liam James Rosenior wari waje
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Urubyiruko rw’u Rwanda Rurasabwa Kubyaza Umusaruro Amahirwe yo Gushora Imari mu Isoko ry’Imari n’Imigabane
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda yo kubaka urubyiruko rufite ubushobozi bwo kwiteza imbere binyuze mu ishoramari, Urwego rw’u
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























