AMAHANGA

Iran igeze kure imyiteguro yo gusezera bwa nyuma Ayatollah Ali Khamenei
Iran iri mu myiteguro ya nyuma yo guha icyubahiro no gusezera bwa nyuma kuri Ayatollah Ali Khamenei, wabaye Umuyobozi w’Ikirenga

IMYIDAGADURO

Maitre Dodian yashyize hanze indirimbo nshya “HALLELUYA” ishimangira amashimwe n’urukundo rw’Imana
Umuhanzi Ngarukiyintwari Jean de Dieu, uzwi cyane ku izina rya Maitre Dodian, yongeye gushimisha abakunzi be ashyira hanze indirimbo nshya
UBUZIMA

RUSIZI:ABATURAGE BARATINYA KO BASHOBORA KURWARA IBYOREZO BITURUKA KU MWANDA.
Hari abaturage baturiye n’abarema isoko rya Hepfu riherereye mu murenge wa Nkanka, mu karere ka Rusizi,bavuga ko batewe ubwoba n’ibyorezo

IMIKINO

Mu marira menshi, Neymar yasezeye mu ikipe y’igihugu ya Brazil nyuma y’imyaka 16 ayikinira
Rutahizamu w’ikirangirire wa Brazil, Neymar Jr., yasezeye burundu mu ikipe y’igihugu nyuma yo gusezererwa na Norway muri 1/8 cy’Igikombe cy’Isi
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























