AMAHANGA

Canada yiteguye intambara ndende y’ubucuruzi na Amerika, imisoro yo kwihimura itangiye gukurikizwa
Guverinoma ya Canada yatangiye gushyira mu bikorwa imisoro mishya ku bicuruzwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego

IMYIDAGADURO

Bad Bunny yegukanye Emmy ye ya mbere kubera igitaramo yakoreye muri Super Bowl
Umuhanzi w’Umunya-Puerto Rico, Bad Bunny, yanditse indi paje nshya mu mateka y’umwuga we nyuma yo kwegukana Emmy ye ya mbere,
UBUZIMA

Hafidh Ameir Hassan Umugabo wa Perezida wa Tanzania yashyinguwe i Kizimkazi
Hafidh Ameir Hassan, umugabo wa Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan, yashyinguwe ku wa Mbere tariki ya 7 Nzeri 2026,

IMIKINO

Lionel Messi yasezeye burundu mu ikipe y’igihugu
Umukinnyi w’umupira w’amaguru wo muri Argentine, Lionel Messi, yatangaje ko asezeye mu ikipe y’igihugu, avuga ko ari icyemezo kimubabaza, ariko
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























