AMAHANGA

Ubushinwa bwahagaritse ibikorwa byo gushakisha abarokotse ku mupaka wa Nepal na Tibet .
Leta y’Ubushinwa yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo ibikorwa byo gushakisha no gutabara abantu mu gace ka Gyirong muri Tibet, ku mupaka

IMYIDAGADURO

Beyoncé agiye gutanga miliyoni 1 y’amadolari mu gufasha abahuye n’umutingito muri Colombia
Umuhanzikazi w’icyamamare Beyoncé yatangaje ko agiye gutanga miliyoni imwe y’amadolari ya Amerika mu bikorwa byo gufasha abaturage bo muri Colombia
UBUZIMA

Centrafrique: Abantu barenga 100 bapfuye nyuma y’isenyuka ry’ikirombe cya zahabu
Abantu barenga 100 nk’uko amakuru y’ibanze abyerekana, bapfuye nyuma y’uko igice cy’ikirombe cya zahabu gicukurwa n’abacukuzi b’intoki gisenyutse mu gace

IMIKINO

Zolani ufite amateka yihariye muri Boxing yapfuye arasiwe hafi y’urugo rwe
Umunya Afrika y’epfo wabaye ikirangirire ku Isi muri Boxing, Zolani “Last Born” Tete, yishwe arashwe hafi y’urugo rwe mu Ntara
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























