AMAHANGA

Trump agabanyije imyitozo ya gisirikare Amerika ikorana na Koreya y’Epfo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya y’Epfo bagabanyije igihe cy’imyitozo yabo ya gisirikare ihuriweho izwi nka Ulchi Freedom Shield

IMYIDAGADURO

Zuena Kirema yasobanuye impamvu yaretse umuziki nyuma y’igihe gito awukoramo
Zuena Kirema, umugore w’umuhanzi w’Umunya-Uganda Bebe Cool, yongeye kuvuga ku mpamvu yatumye ahagarika umuziki nyuma yo kuwugerageza akawumaramo igihe gito,
UBUZIMA

Centrafrique: Abantu barenga 100 bapfuye nyuma y’isenyuka ry’ikirombe cya zahabu
Abantu barenga 100 nk’uko amakuru y’ibanze abyerekana, bapfuye nyuma y’uko igice cy’ikirombe cya zahabu gicukurwa n’abacukuzi b’intoki gisenyutse mu gace

IMIKINO

Nick Kyrgios yahagaritswe muri Tennis nyuma yo gusanganwa cocaine
Umunya Australia Nicholas Hilmy Kyrgios wamamaye nka Nick Kyrgios, muri Tennis ku Isi, yahagaritswe by’agateganyo gukina no kwitabira ibikorwa bya
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























