AMAHANGA

Amerika igiye kwimurira serivisi za viza mu mijyi mike muri Afurika harimo na Kigali
Guhera ku wa 1 Kanama 2026, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zizahagarika serivisi zisanzwe zo gutanga visa muri za ambasade

IMYIDAGADURO

Tyla yamaganiwe kure n’abaturage ba Nigeria
Umuhanzikazi wo muri Afurika y’Epfo Tyla ari mu bihe bikomeye nyuma y’uko igitaramo ateganya gukorera mu mujyi wa Lagos muri
UBUZIMA

RUSIZI:ABATURAGE BARATINYA KO BASHOBORA KURWARA IBYOREZO BITURUKA KU MWANDA.
Hari abaturage baturiye n’abarema isoko rya Hepfu riherereye mu murenge wa Nkanka, mu karere ka Rusizi,bavuga ko batewe ubwoba n’ibyorezo

IMIKINO

Franco Baresi, umwe mu ba myugariro b’ibihe byose, yitabye Imana ku myaka 66
Isi y’umupira w’amaguru yabuze umwe mu bakinnyi bayo b’ibihe byose, Franco Baresi, wabaye kapiteni w’ikirangirire wa AC Milan ndetse n’ikipe
UMUCO

Goma: Uwari umukuru w’ingabo zirinda perezida wahagarikiye ubwicanyi yakatiwe urwo gupfa
Colonel Mike Mikombe yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56

UBUKUNGU

Hasta La Vista Yaguye Serivisi Zayo, Itangiza Amacumbi ya VIP Agezweho
Mu gihe urwego rw’imyidagaduro n’ubukerarugendo mu Rwanda rukomeje gutera imbere, na serivisi zitangwa ahantu ho gusohokera ziragenda zihinduka hagamijwe guha
ANDI MAKURU

OMS yatangaje ko ubushita bw’inkende ari ikibazo cy’ubuzima cyihutirwa cyugarije isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ikiza cy’ubushita bw’inkende (mpox) kiboneka mu bice bimwe byo muri Afurika


























