Batinya gutanga amakuru kuri ruswa birinda ingaruka byabagiraho

Sosiyete sivile n’inzego za leta zifite mu nshingano kurwanya ruswa basanga hakwiye gushyirwa imbaraga mu kwigisha rubanda itegeko rirengera abatanze amakuru ku byaha.

Izo nzego zihuriza ku kuba ubwo ari bwo buryo bushoboka bwo kuziba icyuho cy’abadatanga amakuru ngo ibyaha  bya ruswa bikurikiranywe.

Hari abaturage bavuga ko kudatanga amakuru ku byaha babiterwa no gutinya ingaruka zabageraho igihe byaba bimenyekanye ko batanze amakuru.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: