Notice: Function _load_textdomain_just_in_time was called incorrectly. Translation loading for the colormag domain was triggered too early. This is usually an indicator for some code in the plugin or theme running too early. Translations should be loaded at the init action or later. Please see Debugging in WordPress for more information. (This message was added in version 6.7.0.) in /home/flashrw/public_html/wp-includes/functions.php on line 6121
Rwanda: Abarwayi ba Covid-19 bageze kuri 50 - FLASH RADIO&TV

Rwanda: Abarwayi ba Covid-19 bageze kuri 50

Abarwayi bashya bagaragayeho icyorezo cya Covid-19 mu Rwanda ni 9, bikaba byatumye bose hamwe baba 50, abenshi muri bo baturutse i Dubai .

Itangazo rya Minisiteri y’ubuzima rigaragaza ko abarwayi babonywe uyu munsi barimo:

  • Abantu 5 baje baturutse I Dubai bahita bashyirwa mi kato.
  • Umuntu umwe waje aturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nawe wahise ashyirwau kato.
    -Umuntu umwe waje aturutse mu Buhorandi watahuweho ko yahuye n’undi urwaye Coronavirus mu Rwanda, ahita ashyirwau mu kato.

-Abantu babiri byagaragaye ko bahuye n’abandi barwaye Coronavirus mu Rwanda, nabo bahise bashyirwa mu kato.

Iyi Minisiteri igaragaza ko abarwayi bose bari kuvurirwa ahabugenewe Kandi ko bari koroherwa.

Abenshi muri aba barwayi ngo nta bimenyetso bya Coronavirus bagaragaza Kandi ngo nta n’umwe urembye.

Iyi Minisiteri ivuga ko hanashakishijwe abantu Bose baba narahuye nabo kugira ngo basuzumwe ndetse bitabweho n’inzego z’ubuvuzi.

Itangazo rya Minisiteri y’ubuzima rigaragaza ko abarwayi babonywe uyu munsi barimo:

-Abantu 5 baje baturutse I Dubai bahita bashyirwa mi kato

-Umuntu umwe waje aturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nawe wahise ashyirwau kato.

-Umuntu umwe waje aturutse mu Buhorandi watahuweho ko yahuye n’undi urwaye Coronavirus mu Rwanda, ahita ashyirwau mu kato.

-Abantu babiri byagaragaye ko bahuye n’abandi barwaye Coronavirus mu Rwanda, nabo bahise bashyirwa mu kato.

Iyi Minisiteri igaragaza ko abarwayi bose bari kuvurirwa ahabugenewe kandi ko bari koroherwa.

Abenshi muri aba barwayi ngo nta bimenyetso bya Coronavirus bagaragaza Kandi ngo nta n’umwe urembye.

Iyi Minisiteri ivuga ko hanashakishijwe abantu bose baba narahuye nabo kugira ngo basuzumwe ndetse bitabweho n’inzego z’ubuvuzi.