Abaturage bemerenya n’icyegeranyo kivuga ko mu Rwanda ‘internet’ ihenze; leta yabyamaganye

Hari abaturage babwiye itangazamakuru ryacu ko ‘internet’ mu Rwanda ihenze bashingiye kuba iyo baguze Gigabayiti runaka zitamara igihe baba bijejwe na Kompanyi zitanga internet.

Ibi barabivuga mugihe hari raporo yaragaje ko internet mu Rwanda ihenze, ariko Leta yo yamaganye ibivugwamo. Impuguke mu bukungu zivuga ko internet mu Rwanda idahenze ugeranyije n’ibindi bihugu . icyakora ngo hagomba kugira igikorwa igahenduka kurushaho kugirango n’abakene bayigondere.

REBA MU MASHUSHO IYI NKURU KU BURYO BURAMBUYE: