Kigali:Hari abafunzwe bazira kubaza impamvu batahawe ibiribwa mu gihe cya ‘Guma mu Rugo’

Abakora muri VUP Nyamirambo bavuga ko mu gihe bari muri guma mu rugo batigeze bahabwa ibyo kurya nk’abandi, ntibabone n’amafaranga bari bagenewe.

Bavuga ko abagerageje kubaza impamvu ntacyo babonye muri icyo gihe cya guma mu rugo, bafashwe bagafungwa.

Ubuyobozi bw’umurenge wa Nyamirambo buvuga ko nta wigeze afungwa kandi ko n’ibyo leta yari yabageneye babihawe.

REBA MU MASHUSHO MU BURYO BURAMBUYE: