Rubavu:Abakora uburaya bafashe iya mbere mu kwirinda Covid19

Bamwe mu bagize ibihumbi 3 by’abakora uburaya mu karere ka Rubavu babwiye umunyamakuru wacu ko nyuma yo kubona ko Covid19 yugarije isi n’u Rwanda muri rusange, bafashe iya mbere mu kwirinda icyo cyorezo bareka ibyo bakoraga ahubwo bakayoboka indi mirimo mu rwego rwo kwirinda kwandura no kuyikwirakwiza mu bandi.

Ni mu gihe mu pipimo bimaze gufatwa by’abanduye Covid19 mu karere ka Rubavu bigaragaza ko abakora uburaya batarandura icyo cyorezo.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: