RDC:58 biciwe mu bitero byo mu ntara ya Ituri

Imiryango iharanira uburenganzirabwa muntu yongeye gusaba Leta ya Kinshasa gukora iyo bwabaga igahangana n iyi mitwe yitwaje intwaro irimo iya ADF ikomeje  kwica no guhonyoro  uburenganzira bw’ abaturage, nyuma y’uko abantu 58 biciwe mu bitero byagabwe mu ntara ya Ituri.