Imiryango iharanira uburenganzirabwa muntu yongeye gusaba Leta ya Kinshasa gukora iyo bwabaga igahangana n iyi mitwe yitwaje intwaro irimo iya ADF ikomeje kwica no guhonyoro uburenganzira bw’ abaturage, nyuma y’uko abantu 58 biciwe mu bitero byagabwe mu ntara ya Ituri.