Hari impungenge ko abijandika mu bikorwa birigisa umutungo wa leta bakwiyongera

Inama ngishwanama yo kurwanya ruswa n’akarengane ku rwego rw’igihugu  iri gusuzuma ibyuho byaba biri mu mategegeko ahana kuko  imikoreshereze mibi y’umutungo wa Leta ari ikibazo  gikomeje gufata indi intera ariko ababigiramo uruhare ntibabiryozwe bitewe n’ibura ry’ibimenyetso.

Hari n’impungenge ko hari benshi bazijandika mubikorwa byo kurigisa umutungo wa Leta muri iki gihe benshi  amikoro yasubiye inyuma kubera COVI19.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: