Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubwami bwa Yorodaniya, Ayman Safadi, yageze i Kigali aho aje mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu, kuri uyu wa Kabiri tariki 21Gashyantare 2023.
Akigera ku kibuga Mpuzamahanga cya Kigali yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Vincent Biruta.


