Nyuma y’iminsi isaga 15 atawe muri yombi, akurikiranyweho ibyaha bitandukanye, kuri ubu itariki Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement azagerezwa imbere y’urukiko yamenyekanye.
DC wataye muri yombi kuwa 31 Werurwe 2026 ahinjwa ibyaha birimo kwangiza ikintu cy’undi kubushake, urugomo, guteza imvururu muri rubanda n’ibindi aho yahise ajyanwa kuri sitasiyo ya RIB ngo akorerwe dosiye ibintu byafashe iminsi umunani gusa ngo dosiye ye ibe yaregewe ubushinjacyaha dore ko kuwa 8 Mata aribwo urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha cyaregeye ubushinjacyaha kuri dosiye ya Niyigaba Clement.

Kuri ubu rero, amakuru duhesha igihe, nuko DC clement zagezwa imbere y’urukiko kuwa 20 Mata 2026 ku rukiko rw’ibanze rya Gasabo.

