Afurika y’Epfo: Jacob Zuma wahoze ari Perezida, yemeye kwishyikiriza Polisi nta mananiza
Jacob Zuma wahoze ari Perezida w’Afurika y’Epfo yishyikirije polisi ngo atangire igifungo yakatiwe kubera gusuzugura urukiko. Kuri uyu wa Gatatu
Read moreJacob Zuma wahoze ari Perezida w’Afurika y’Epfo yishyikirije polisi ngo atangire igifungo yakatiwe kubera gusuzugura urukiko. Kuri uyu wa Gatatu
Read moreUwahoze ari Perezida w’Amerika Donald Trump yashimiye Nigeria ku cyemezo yafashe cyo guhagarika urubuga nkoranyambaga rwa Twitter muri icyo gihugu,
Read moreGeneral Katumba Wamala, wahoze ari umugaba w’ingabo za Uganda ubu akaba ari Minisitiri w’imirimo n’ubwikorezi, yarashwe n’abitwaje intwaro arakomereka hafi
Read moreAbategetsi bo mu muryango w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika y’uburengerazuba (CEDEAO/ECOWAS) bahagaritse Mali mu bihugu binyamuryango nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryo mu cyumweru
Read moreLeta y’Ubudage yemeje inkunga yo mu rwego rw’iterambere irenga miliyari imwe y’amadolari y’Amerika igenewe Namibia, mu itangazo yasohoye yemera jenoside
Read moreUmuryango w’abibumbye ONU waburiye ko abantu bagera ku 400.000 bamaze guhunga bava mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika
Read moreUrukiko rukuru rwa Kenya rwatangaje ko umushinga wa guverinoma wo kuvugurura itegekonshinga uzwi nka BBI udakwiye, udakurikije amategeko kandi unyuranyije
Read moreAbasirikare bari ku butegetsi muri Tchad, babugezeho nyuma y’urupfu rw’uwari Perezida w’igihe kirekire Idriss Déby Itno, batangaje abagize guverinoma y’inzibacyuho
Read moreCaitlyn Jenner wihinduje umugore wahoze ari umugabo wa kabiri wa nyina wa Kim Kardashian yatangaje ko agiye kwiyamamariza kuyobora Leta
Read moreMinisitiri ushinzwe Impunzi no Gukumira Ibiza Hilary Onek yamaganye imvugo z’abayobozi ba PAM muri Uganda, bavuga ko ibiribwa byo mu
Read more