Haracyari icyuho mu baturage benshi batazi amategeko

Minisiteri y’ubutabera irasaba abari mu miryango itari iya leta gufasha abaturage bakamenya amategeko y’ibanze yamufasha kudashwana na mugenzi we nta mpamvu kuko usibye kuba binabashora mu manza binarema urwango hagati yabo.

Ni mu gihe imwe mu miryango itari iya leta ivuga ko kwegera abaturage ariyo nzira nziza yo ku mufasha ku menya amategeko.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: