Abakozi baravuga ko igihe cyo konsa bahabwa ari gito

Abakozi ntibavuga rumwe n’abakoresha ku gihe cyo konsa umwana gihabwa umubyeyi wonsa kuberako isaha imwe bahabwa ngo ari nto, bikwiye ko yakongerwa kuko bifasha mu mikurire myiza y’umwana.

Iki kibazo cy’uko amasaha yo konsa yakongerwa kinashimangirwa n’imiryango itari iya leta.

Abakoresha bavuga ko amasaha umukozi akora ku munsi agabanutse n’umusaruro ugabanuka.

Ibi biravugwa mu gihe mu nteko ishinga amategeko hari kwigwa umuhsinga ugena stati rusange y’abakozi ba leta.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: