Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu iratabariza abakozi bo mu rugo

Imiryango iharanira uburenganzira bw’abakozi bo mu rugo  mu Rwanda irasaba abakoresha babo kwita ku buzima bwabo bagafatwa nk’ikiremwamuntu.

Iyi miryango kandi irasaba leta gushyira imbere iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’abo bakozi bo mu rugo.

Hari abakozi n’abari abakozi bo mu ngo bahaye ubuhamya Radiyo Flash na Televiziyo bagaragaza uburyo bafatwa bunyamaswa na bamwe mu bakoresha babo.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: