Haracyari abanyapolitiki bagifite imvugo ziyobya rubanda

Abakurikiranira hafi Politiki y’u Rwanda basanga abaturage bakwiye kugira imitekerereze isesengura imvugo z’abanyapolitiki bakamenya umunyapolitiki ubaganisha mu nzira nziza n’ubaganisha mu nzira mbi.

Ni mu gihe hari abaturage banenga abanyapolitiki bagifite imvugo ziyobya rubanda nyuma y’imyaka 26 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye.

KURIKIRA IYI NKURU MU MASHUSHO: