Kigali:Baratabaza nyuma yo kwamburwa na Gitifu ibihumbi 700

Bamwe mu baturage bayoboye abandi mu midugudu y’akagali ka Kabeza umurenge wa Muhima barasaba inzego zitandukanye kubarenganura.

Ni nyuma y’uko umunyambaganga nshingabikorwa w’aka kagali abambuye amafaranga arenga ibihumbi 700, bamuhaye bashaka kuyakoresha basohoka ngo bajye gutembera umwaka ushize wa 2019.

Umunyamabanganshingwabikorwa w’aka kagali ushyirwa mu majwi abajijwe na Radio Flash yemeye kuyabaha bitarenze kuri uyu wa gatanu.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: