Mu gihe umwuka utari mwiza ukomeje hagati y’u Rwanda n’Amerika kubera ibibazo byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yagaragaje ko adashyigikiye igitekerezo cyo gushyira u Rwanda mu kato nk’uko Amerika yabigenje mu bihe bishize.
Agezweho
- Shaddyboo yatabaje RIB nyuma yo kuvuga ko yasambanyijwe ku gahato.
- Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko Kigali igamije kuba ihuriro ry’imikoranire ishingiye ku kungurana ubumenyi
- Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Keir Stamer yeguye
- Mu Rwanda hasojwe amahugurwa y’abapolisi bakuru yubatse umusingi muby ’umutekano ku rwego rwa Afurika
- Nduhungirehe yasobanuye uko umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo uri kongera kubakwa

