Perezida w’inteko ishinga amategeko ya Kenya Moses Wetangula, yasabye perezida William Samuei Ruto, kugenza make mu gushyira mu bikorwa impinduka mu burezi komisiyo yashyizeho yamuhaye, amubwira ko uburezi atari ishati wambara mu kanya ukayivanamo ukambara indi.
Ikinyamakuru Daily Nation cyanditse ko depite Wetangula, yabwiye minisitiri w’uburezi, Ezechiel Machogu, kubwira perezida Ruto ko atari byiza guhubuka ku kirebana n’uburezi ndetse ko igihugu kigendera ku mategeko nta mpinduka zikwiye kubaho zitanyuze mu nteko ishinga amategeko ikaziha umugisha.
Agezweho
- Abarenga 7000 bakurikiranyweho gukopera mu bizami bya leta
- REG yatangaje aho imirimo yo kubaka Nyabarongo II igeze
- U Rwanda na Turkiye: ubufatanye mu nganda za gisirikare bwongeye kugarukwaho
- Ubushinwa bwahagaritse ibikorwa byo gushakisha abarokotse ku mupaka wa Nepal na Tibet .
- UGANDA:Umwami Omukama Oyo yaguye ishyanga, Tooro itangaza ko ikamba rizakomeza

