Mu gihe umwuka utari mwiza ukomeje hagati y’u Rwanda n’Amerika kubera ibibazo byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yagaragaje ko adashyigikiye igitekerezo cyo gushyira u Rwanda mu kato nk’uko Amerika yabigenje mu bihe bishize.
Agezweho
- Minisitiri Dr. Bizimana Jean Damascène yakomoje ku byorezo bitatu byugarije u Rwanda
- Tyla yamaganiwe kure n’abaturage ba Nigeria
- Amerika igiye kwimurira serivisi za viza mu mijyi mike muri Afurika harimo na Kigali
- Hamas yemeye kurambika intwaro hasi, icyizere gishya ku iherezo ry’intambara yo muri Gaza
- Franco Baresi, umwe mu ba myugariro b’ibihe byose, yitabye Imana ku myaka 66

