Mu gihe umwuka utari mwiza ukomeje hagati y’u Rwanda n’Amerika kubera ibibazo byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yagaragaje ko adashyigikiye igitekerezo cyo gushyira u Rwanda mu kato nk’uko Amerika yabigenje mu bihe bishize.
Agezweho
- Ibintu 3 bitangaje Lisa Marie Presley yavuze kuri Michael Jackson
- Macron yagaragaje uruhande rwe ku cyemezo cy’Amerika ku Rwanda
- Perezida Doumbouya yageze mu Rwanda muri gahunda y’ inama ya Africa CEO Forum izahuza abakomeye ku mugabane wa Afurika
- Perezida Museveni yinjiye muri manda ya karindwi: imyaka irenga 40 ku butegetsi bwa Uganda ikomeje gutera impaka
- Perezida Kagame i Nairobi mu musangiro wahuje abayobozi bakomeye ba Afurika

