Kigali:Yabuze iyo yerekeza, umugore we amaze kugurisha imitungo yose

Umugabo witwa Ntizimira Paul utuye mu murenge wa Kimisagara ho mu mujyi wa Kigali arasaba kurenganurwa nyuma y’uko umugore we amugurishirije imitungo ye.

Umugore we Mukamwiza Djamira arabihakana avuga ko uyu mugabo ari umurwayi wo mu mutwe

Iki kibazo cyageze mu nkiko, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugege rutegeka ko umutungo wagurijijwe usubizwa bene wo ariko kugeza ubu ntabwo birakorwa.

REBA MU MASHUSHO KU BURYO BURAMBUYE: