Bongeye gusabira ‘Mwalimu’ iduka ryihariye

Impuguke mu bukungu zisanga Leta ikwiye kumvana ubushishozi ubushishozi ubusabe bw’uko Mwalimu nawe yashyirirwaho isoko ryo guhahiramo ku giciro gito.

Izi mpuke zisanga n’ubwo iri soko riramutse rishyizweho hari imisoro Leta yahomba, ariko ngo ibyiza byaryo byaruta ingaruka ryatera, kuko ryarushaho guteza imbere imibereho ya Mwalimu.

Abadepite bo mu ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengerera Ibidukikije nabo baherutse gusaba ko Mwalimu yashyirirwaho isoko ryihariye nk’uko bimeze ku basirikare n’abapolisi. Ni ubusabe bwakiriwe neza mu matwi y’abarimu.

REBA INKURU MU MASHUSHO KU BURYO BURAMBUYE