Notice: Function _load_textdomain_just_in_time was called incorrectly. Translation loading for the colormag domain was triggered too early. This is usually an indicator for some code in the plugin or theme running too early. Translations should be loaded at the init action or later. Please see Debugging in WordPress for more information. (This message was added in version 6.7.0.) in /home/flashrw/public_html/wp-includes/functions.php on line 6121
Humvikanye ibitekerezo bitandukanye kuri gahunda y’Umucamanza umwe - FLASH RADIO&TV

Humvikanye ibitekerezo bitandukanye kuri gahunda y’Umucamanza umwe

Bamwe mu banyamategeko baravuga ko kuba urubanza rwaburanishwa n’umucamanza umwe bitaba icyuho cya ruswa nk’uko hari hari abakunze kubigaragaza nk’impungenge.

Minisiteri y’ubutabera ivuga ko gahunda y’umucamanza umwe mu rubanza yatekerejwe hashingiwe ku ngano y’imanza zinjira mu nkiko no ku isesengura ryagaragaje ko hari abanyamategeko bahagije kandi b’inyangamugayo.

Raporo y’Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere ya 2018 igaragaza ko abaturage bafitiye icyizere ubucamanza mu micire y’imanza ku kigero cya 85,8%, igipimo kivuye kuri 78,3% mu mwaka wa 2017.

Ubushakashatsi kuri ruswa nto bwakozwe na Transparency International Rwanda bugaragza ko muri 2019 mu bucamanza hatanzwe ruswa ingana  mu bucamanza hatanzwe ruswa ya 4 140 000 Frw.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: