‘Dasso’ urwego rw’umutekano rwizewe gacye n’abaturage

Mu bushakashatsi  bwashyizwe ahagaragara n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, buherutse kugaragaza ko urwego rwa Dasso ruri mu nzego z’umutekano zizewe gacye n’abaturage, ugereranyije n’abaturage n’izindi.

Abaturage bavuga ko aba bunganira akarere mu gucunga umutekano uku kutizerwa bishobora guterwa n’uko bahorana cyane akenshi bashyira mu bikorwa amwe m umabwiriza baba batarumva neza.

Hari bamwe mu bayobozi b’uturere bavuga ko iyi mikorerere mibi bayizi, ariko ko batangiye amavugurura muri uru rwego ngo rwongere rwizerwe.

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ariko ivuga ko amanota 85% Dasso yagize muri ubwo bushashatsi atari macye.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: