Kigali:Umugabo yiyakanye abana ngo basa n’umugore

Hari umuryango utuye mu murenge wa Kanyinya  mu karere ka Nyarugenge uvuga ko ubanye mu makimbirane ashingiye ku moko.

Umugore ashinja umugabo we guhora amutoteza amubwira ko ari umututsikazi, ndetse ngo yanihakanye abana be kuko  basa n’umugore

Imbere y’itangazamakuru rya Flash uyu mugore aravugako umugabo we ahora amubwirako ko azanamwica

Umugabo w’uyu mugore  avuga ko ibyo ari ibinyoma ahubwo ngo amakimbirane bafitanye ashingiye ku bukene.

Uyu muryango umunyamakuru wa Flash yawusuye aho utuye bagirana ikiganiro.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: