Notice: Function _load_textdomain_just_in_time was called incorrectly. Translation loading for the colormag domain was triggered too early. This is usually an indicator for some code in the plugin or theme running too early. Translations should be loaded at the init action or later. Please see Debugging in WordPress for more information. (This message was added in version 6.7.0.) in /home/flashrw/public_html/wp-includes/functions.php on line 6121
Leta yaburiwe ku nzara ishobora kuza nyuma ya Covid19 nta gikozwe - FLASH RADIO&TV

Leta yaburiwe ku nzara ishobora kuza nyuma ya Covid19 nta gikozwe

Impuguke mu bukungu no mu buhinzi ziraburira Leta kwihutisha amavugurura mu buhinzi bugakorwa mu buryo buteye imbere kandi n’umusaruro ubonetse ukagera ku isoko uri ku giciro cyoroheye rubanda.

Ibi ngo nibwo buryo bwatuma u Rwanda rushobora guhangana n’inzara yitezwe nyuma y’icyorezo cya Covid-19.

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buhinzi n’ibiribwa ku isi  FAO rigaragaza impungenge ko umwaka wa 2020 ushobora gusiga abantu bazahajwe n’inzara biyongereyeho miliyoni 130 kubera ingaruka za Covid-19.

Amajyaruguru y’Aziya n’ibuhugu byo munsi y’ubutayu bwasahara nibyo bizibasirwa cyane.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: