Leta yaburiwe ku nzara ishobora kuza nyuma ya Covid19 nta gikozwe

Impuguke mu bukungu no mu buhinzi ziraburira Leta kwihutisha amavugurura mu buhinzi bugakorwa mu buryo buteye imbere kandi n’umusaruro ubonetse ukagera ku isoko uri ku giciro cyoroheye rubanda.

Ibi ngo nibwo buryo bwatuma u Rwanda rushobora guhangana n’inzara yitezwe nyuma y’icyorezo cya Covid-19.

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buhinzi n’ibiribwa ku isi  FAO rigaragaza impungenge ko umwaka wa 2020 ushobora gusiga abantu bazahajwe n’inzara biyongereyeho miliyoni 130 kubera ingaruka za Covid-19.

Amajyaruguru y’Aziya n’ibuhugu byo munsi y’ubutayu bwasahara nibyo bizibasirwa cyane.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: