Minisiteri y’Uburezi ntivuga rumwe n’Abarimu ku gusubizaho akanyafu mu mashuri

Hari abarimu bavuga ko kudahana abanyeshuri birimo kubacishaho akanyafu,  byongereye amakosa bakora bari ku mashuri.

Hari bamwe mu babyeyi bavuga ko guhana umwana bidakoranywe ubugome ntacyo byaba bitwaye bitabaye ngombwa ko yoherezwa murugo.

Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gukubita ari icyaha gihanwa n’amategeko kandi ko hariho uburyo bwinshi bwo guhana umwana abarezi bakwifashisha.

KANDA MURI VIDEO UKURIKIRE INKURU IRAMBUYE