Hari ababyeyi n’abarezi bakomeje kugaragaza impungenge zo kuba abana b’incuke bazindurwa mu gitondo cya kare ngo bajye kwiga ko bishobora kubagiraho ingaruka zirimo umunaniro watuma barambirwa kwiga.
Visi perezida wa Sena y’u Rwanda Espérance Nyirasafari yavuze ko yakoze amahano kubera kwitabira umuhango w’“iyimikwa ry’umutware w’Abakono”, mu nyandiko