Ikoranabuhanga ntiryazibye burundu icyuho cya ruswa mu mitangire y’amasoko
Hari ba Rwiyemezamirimo bagaragaje zimwe mu nenge zikigaragara mu mitangiye y’amasoko ya Leta nyuma y’uko gupiganira amasoko bishyizwe mu ikoranabuhanga.
Read moreHari ba Rwiyemezamirimo bagaragaje zimwe mu nenge zikigaragara mu mitangiye y’amasoko ya Leta nyuma y’uko gupiganira amasoko bishyizwe mu ikoranabuhanga.
Read moreLeta y’Ubuyapani ibinyujije mu Ikigo cy’Ubutwererane cy’Abayapani (JICA) cyashyikirije Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), ibikoresho bizifashishwa mu kurwanya ibikorwa by’ubucuruzi bitemewe
Read moreIhuriro ry’Abahinzi mu Rwanda riravuga ko nubwo urwego rw’ubuhinzi rutahungabanijwe cyane n’ingaruka z’icyorezo cya Covid-19 ugereranije n’izindi nzego, inyungu igera
Read moreBamwe mu bacuruzi b’inyanya mu mujyi wa Kigali barataka igihombo batewe n’umusaruro mucye wabonetse mu mezi atatu ashize. Ikibazo cy’ibura
Read moreBamwe mu bacururiza ibirayi mu isoko rya Ntunga riherereye mu murenge wa Mwurire mu karere ka Rwamagana barinubira ko abantu
Read moreAbatuye mu Ntara y’Uburasirazuba barifuza ko Guverineri Emmanuel GASANA wahawe inshingano nshya zo kuyobora iyi ntara yaca ibiyobyabwenge bidasiba kuvugwa
Read moreImpuguke mu bukungu n’Ububanyi n’Amahanga zagaragaje ko icyorezo cya Covid-19 gishobora kuzatuma ibihugu byinshi bya Afurika binanirwa kwishyura amadeni bifite
Read moreMinisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yagaraje amabwiriza yihariye yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 mu turere dukurikira: -Uturere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara
Read moreAbakorera ibikorwa byabo mu Ntara zitandukanye z’igihugu bishimiye ifungurwa ry’ingendo zijya mu turere nyuma y’igihe kinini baraguye mu gihombo bitewe
Read moreBamwe mu baturage na sosiyete sivile bagaragaz ako umunsi mpuzamahanga w’Abaguizi usanze uburenganzira bw’Abaguzi mu Rwanda bugihutazwa, aho ngo hamwe
Read more