Imbamutima z’abatuye Burera biteguye kwakira Umukuru w’Igihugu (Amafoto)

Mu masaha make, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame araba ageze mu kagali ka Rusumo, mu  murenge wa Butaro ho mu karere ka Burera, ni mu ntara y’Amajyaruguru, aho arasura abaturage b’ako gace.

Hari abaturage babwiye itangazamakuru bavuze ko biteguye kwakirana umukuru w’igihugu ibyishimo n’urugwiro.

Uwitwa Ntakarokorwa Petero yagize ati “Ubutumwa atuzaniye ni ingirakamaro. Twiteguye kumutega amatwi.”

Leave a Reply