Notice: Function _load_textdomain_just_in_time was called incorrectly. Translation loading for the colormag domain was triggered too early. This is usually an indicator for some code in the plugin or theme running too early. Translations should be loaded at the init action or later. Please see Debugging in WordPress for more information. (This message was added in version 6.7.0.) in /home/flashrw/public_html/wp-includes/functions.php on line 6121
Abadepite bavuze ko hari ibihano bitangwa mu magereza bihabanye n’amahame mpuzamahanga - FLASH RADIO&TV

Abadepite bavuze ko hari ibihano bitangwa mu magereza bihabanye n’amahame mpuzamahanga

Muri amwe mu magereza yo mu Rwanda havugwamo gutanga ibihano ku mfungwa n’abagororwa bakoze amakosa nyuma bikagaragara ko bihabanye n’amahame mpuzamahanga arengera uburenganzira bw’abafunzwe.

Ibi byagaragajwe mu isesengura ryakozwe n’abadepite kuri raporo ya Komisiyo y’uburengenzira bwa Muntu ya 2018/2019

Minisiteri y’ubutabera ivuga ko imfungwa cyangwa umugororwa wakoze amakosa ahanwa hakurikijwe amabwiriza Gereza kandi ko ntawe uhabwa igihano gihonyora uburenganzira bwa muntu. Icyakora uwahuye n’iki kibazo ngo yajya abimenyesha inzego zibishinzwe zikamurenganura.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: