Abadepite bongeye gusabira abaturage kubonera ingurane ku gihe

Hari abadepite basanga igihe hari umuturage wujuje ibisabwa kugira ngo ahabwe ingurane z’ibye byangijwe n’inyungu rusange, yazajya ahita yishyurwa aho gutegereza abandi bakibishaka kugira ngo bishyurirwe hamwe.

Abo badepite basanga kuba hari abaturage batinda guhabwa ingurane nyamara barujuje ibyo basabwa ari ukubera ibitambo abandi.

Kutuzuza ibyangombwa birimo no gutanga Conte za Banki zituzuye bikomeje kugaragazwa nka kimwe mu bitinza kwishyura abaturage bafite imitungo yangijwe n’ibikorwa by’inyungu rusange.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: