Tanzania: Kubuza kwiga abakobwa batwite, byatumye Leta ijyanwa mu rukiko

Umuryango Equality Now uharanira uburenganzira bw’abagore, wareze leta ya Tanzania mu rukiko rw’Afurika rw’uburenganzira bwa muntu (African Court on Human and Peoples’ Rights) kubera kubuza kwiga abakobwa batwite.

Mu itangazo uyu muryango wasohoye, wavuze ko kwiyambaza urukiko ari bwo buryo bwa nyuma wari usigaranye, nyuma y’imyaka wari umaze ugerageza gutuma leta ya Tanzania yisubiraho kuri icyo cyemezo.

Leta ya Tanzania ntabwo irasubiza ku mugaragaro kuri uko kujyanwa mu rukiko.

Umuryango Equality Now uharanira uburenganzira bw’abagore, wareze leta ya Tanzania mu rukiko rw’Afurika rw’uburenganzira bwa muntu (African Court on Human and Peoples’ Rights) kubera kubuza kwiga abakobwa batwite.

Mu itangazo uyu muryango wasohoye, wavuze ko kwiyambaza urukiko ari bwo buryo bwa nyuma wari usigaranye, nyuma y’imyaka wari umaze ugerageza gutuma leta ya Tanzania yisubiraho kuri icyo cyemezo.

Leta ya Tanzania ntabwo irasubiza ku mugaragaro kuri uko kujyanwa mu rukiko.