Kwibuka 27: Ibiganiro kuri Jenoside yakorewe Abatutsi byagabanyije ihungabana

Bamwe mu batuye mu mujyi wa Kigali  baravuga ko ihungabana bagiraga mu bihe byo kwibuka rigenda rigabanuka, bitewe n’uko bagenda barushaho kwakira ibyabaye ahanini babifashijwemo n’ibiganiro ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC kivuga ko hari abantu benshi bakize ihungabana ariko hakaba n’abandi bakenera ubuvuzi by’umwihariko mu bihe byo kwibuka.

Kanda muri video ukurikire inkuru irambuye