Notice: Function _load_textdomain_just_in_time was called incorrectly. Translation loading for the colormag domain was triggered too early. This is usually an indicator for some code in the plugin or theme running too early. Translations should be loaded at the init action or later. Please see Debugging in WordPress for more information. (This message was added in version 6.7.0.) in /home/flashrw/public_html/wp-includes/functions.php on line 6121
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Guterres ku bibazo by’umutekano mu karere - FLASH RADIO&TV

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Guterres ku bibazo by’umutekano mu karere

Perezida Paul Kagame yahuye n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres, baganira ku bibazo by’umutekano mu Karere ndetse n’ibisubizo byafasha inzira zo gucyemura ibi bibazo zashyizweho n’ibihugu byo mu karere, Kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Gashyantare 2023.

Banaganiriye kandi ku ruhare rw’u Rwanda mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, ndetse no kugera ku ntego z’iterambere rirambye SDGs.