Notice: Function _load_textdomain_just_in_time was called incorrectly. Translation loading for the colormag domain was triggered too early. This is usually an indicator for some code in the plugin or theme running too early. Translations should be loaded at the init action or later. Please see Debugging in WordPress for more information. (This message was added in version 6.7.0.) in /home/flashrw/public_html/wp-includes/functions.php on line 6121
RDC: Abanyekongo bararara bamenye abagize Guverinoma Nshya - FLASH RADIO&TV

RDC: Abanyekongo bararara bamenye abagize Guverinoma Nshya

Kuri uyu wa kane Abanyekongo bararara bamenye abagize Guverinoma nshya nyuma y’amezi atari make iki gihugu ntayo gifite kuva Perezida mushya Felix Tchisekedi yatorerwa gutegeka iki gihugu.

Ilunga Ilunkamba niwe wagizwe Minisitiri w’intebe biturutse ku gitekerezo cy’uwahoze ategeka Congo Joseph Kabila unafite Abadepite benshi mu nteko ishingamategeko.

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo izaba igizwe n’abantu 65. Muri 42 baturuka mu Ihuriro ry’Amashyaka FCC ryo ku ruhande rwa Joseph Kabila.

Naho ku ruhande rwa Perezida Tshisekedi hazaturuka 23.