AMAFOTO:Igitaramo cyahuriyemo abahanzi bakomeye mu Rwanda gisigiye urwibutso abatuye Musanze

Ku mugoroba w’uyu kane taliki 27/2/2020,abahanzi bakomeye mu Rwanda bakoreye igitaramo gikomeye kuri stade ubworoherane I Musanze cyitabiriwe n’abakuru n’abato.

Hakinwaga agace ka gatanu ka Tour du Rwanda 2020 aho abasiganwa bahagurutse mu karere ka Rubavu basoreza mu karere ka Musanze ku ntera y’ibirometero 84,7 birangira Restrepo Jhonatan wegukanye aka gace.

Butera Knowless

Iki gitaramo cyarimo abahanzi barimo Nel Ngabo, Platini Nemeye, Igor Mabano, Knowless Butera, Davis D, Bull Dogg, King James ndetse n’abaturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bafite ubuhanga bwihariye mu muziki. 

Devis D
Nel Ngabo
Igore Mabano
Platini/Mr P wahoze uzwi muri Dream Boys
Bull Dog
King James