Umuhanda ujya ku irimbi rya Nyamirambo warangiritse

Abaturage baturiye inzira ijya ku irimbi ry’i Nyamirambo barasaba leta kubakorera umuhanda werekeza muri ibyo bice kubera ko mu gihe cy’imvura haba hari ubunyerere bukabije, ku buryo abajya gushyingura bahera mu nzira.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyarugenge bwavuze ko uwo muhanda uri mu igenamigambi ry’igihe kirekire ariko ngo ntibibujije ko abaturage bakwishakamo ubushobozi akarere  kakabunganira.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: