Igisirikare cy’ubushinwa cyavuze ko intambara ya Amerika yaba ibyago bitihanganirwa
Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara na Leta zunze ubumwe za Amerika, yaba ibyago bitihanganirwa ku isi. Ibi yabigarutseho mu
Read moreMinisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara na Leta zunze ubumwe za Amerika, yaba ibyago bitihanganirwa ku isi. Ibi yabigarutseho mu
Read moreMinisiteri y’ingabo y’Uburusiya ivuga ko yaburijemo igitero kinini cya Ukraine inica abasirikare 250 ba Ukraine. Nta cyo Ukraine yari yabitangazaho
Read moreAbantu barenga 261 bahitanwe n’impanuka ya gariyamoshi zagonganye mu buhinde muri leta ya odisha naho abarenga 900 barakomereka. Aljazeera yanditse
Read moreUrukiko mu Mujyi wa Cape Town, muri Afurika y’Epfo, rwimuye urubanza rwa Fulgence Kayishema, ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi,
Read morePerezida Paul Kagame yageze i Ankara muri Turkiya, aho yifatanya n’abandi bayobozi bitabiriye irahira rya Perezida, Recep Tayyip Erdogan kuri
Read moreMinisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr Sabin Nsanzimana yatorewe kuba Umuyobozi wungirije w’ikigega gishinzwe gukumira, kurinda, kurwanya no guhangana n’indwara z’ibyorezo
Read moreMu Karere ka Nyagatare, hari abahatuye bakoze Jenoside yakorewe abatutsi bahamwe n’icyaha, nyuma yo kurangiza ibihano bagahabwa ibiganiro by’isanamutima bizwi
Read moreInteko Rusange ya Sena, yemeje ivugururwa ry’Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu tariki 02 Kamena 2023.
Read moreAbantu icyenda biciwe mu bushyamirane hagati ya polisi ihosha imyigaragambyo hamwe n’abigaragambya muri Sénégal, nyuma yuko umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi
Read moreElon Musk yisubije umwanya w’umuntu ukize kurusha abandi ku isi, awuvanyeho Bernard Arnault umukuru wa kompanyi LVMH y’ibicuruzwa by’ubuzima buhenze.
Read more