Africa y’Epfo ibonye guverinoma yiganjemo abagore mu mateka
Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje guverinoma ye nshya, aho ½ cy’abaminisitiri bayigize ari abagore. Ni ubwa mbere mu mateka,
Read morePerezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje guverinoma ye nshya, aho ½ cy’abaminisitiri bayigize ari abagore. Ni ubwa mbere mu mateka,
Read moreDepite Kyaguranyi Robert wamenyekanye nka Bobi Wine muri Uganda, yavuzeko igihe kigeze muri Afurika hagakoreshwa imbaraga mu gushyigura abanyagitugu banze
Read moreUmuyobozi w’Akarere kitwa Inongo kabereyemo iriya mpanuka witwa Simon Mbo Wemba, avuga ko bariya aribo bamaze kuboneka ariko bagishakisha abandi.
Read moreAbashyigikiye Uhuru Kenyatta barasaba visi Perezida we William Ruto kwegura, kuko yatangiye ‘imburagihe’ kwiyamamariza gusimbura shebuja mu matora ya 2022
Read moreMu ruzindiko yagiriye mu Buyapani, Perezida Trump yabwiye Minisitiri w’Intebe w’Ubuyabani Shinzo Abe, ko ashigikiye umugambi w’Ubuyapani w’ibiganiro na Iran,
Read moreMinsitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran yavuze ko uko Amerika ikomeza kwisirisimbya cyane mu karere, bizakomeza kuba ikibazo gikomeye ku mutekano
Read moreAmafaranga y’amahanga yinjira mu gihugu akomeje kuba macye, kuva uku kwezi kwa gatanu kwatangira, kuko kuva ku italiki ya 5
Read moreUmwuka w’intambara hagati ya Iran na Amerika wongeye gututumba ubwo Perezida wa Iran yavuze ko Abanya-Iran batazigera baharagarika kurwanira ubwigenge
Read morePolisi yo mu karere ka Mbale mu gihugu cya Uganda, yafashe abantu 10 bakurikiranywe ho kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe
Read moreIbi Perezida Trump yabitangaje nyuma y’uko Umukuru w’Inteko Ishingamategeko ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Nancy Pelosi amushinje kugira ibyo ahishyira.
Read more