‘Kubandwa no guterekera ni uguha agaciro abakurambere’ abanyamadini bati “ibyo ni ibya gipagani”

Abayoboke b’amadini atandukanye ntibavuga rumwe n’abasigasigara umuco Nyarwanda ku mihango yakorwaga n’aba kera yo kubandwa no guterekera.

Abayoboke b’amadini bafata iyi mihango nk’iya gipaganai y’abatemera Imana.

Ku rundi ruhande zimwe mu nzobere mu muco zivuga ko uwo muco wo kubandwa no guterekera ari uguha agaciro abakurambere bakanenga umuco w’abubu basenga Imana z’imahanga bafata nk’ uburozi basizwemo n’abakoloni.

REBA INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO: